Usa african Singers, baba muri Amerika basohoye indirimbo nshya zifasha abakristu gusenga Itsinda ry’abaririmbyi Gatolika baba mu mahanga cyane cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryashyize hanze indirimbo nshya zigamije gufasha abakristu gusenga no gukomeza ukwemera kwabo. Iri tsinda rigizwe ahanini n’urubyiruko rukomoka mu nkambi z’impunzi ziri mu Rwanda, cyane cyane impunzi zavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abo baririmbyi bavuga ko bumvise ko ari ngombwa kwishyira hamwe bagakora umuryango w’abaririmbyi ufasha abakristu gusenga binyuze mu ndirimbo. Intego yo guhuza abaririmbyi mu mahanga Abagize iri tsinda bavuga ko impamvu nyamukuru yo kwishyira hamwe ari uguhuza ibitekerezo nk’urubyiruko rw’abaririmbyi Gatolika, kugira ngo bashobore gutanga ubutumwa bwiza bufasha abakristu kwegera Imana. Bavuga ko akenshi abantu baba mu mahanga bagira imbogamizi mu kubona uburyo bwo gusenga mu buryo bamenyereye cyangwa muri gahunda ya Kiliziya, bityo bakabon...
IMANA IZAKUBAKIRE
ReplyDelete